E N D
IMPYIKO NZIMA IKORA ITE ? • Umurimo n’imikorere y’impyiko ni myinshi. Burya ibyinjiye mu muntu biba birimo intungamubiri hakabamo n’imyanda isabwa gusohoka ikajya kumenwa. Bisaba umurimo wihutirwa wo gutandukanya iyo myanda n’izindi ntunga mubiri, bitabaye ibyo byaremerera imihore, izindi ngingo, bikanduza amaraso . Ahanini impyiko nizo zishinzwe gusohora imyanda iri mu mubiri . • -Imwe inyura mu ruhu igasohokera inyuma • -indi myanda inyura mu bihaha igasohokera mu mwuka duhumeka • -indi ikanyura mu mara ukayituma. • -indi myanda igasohokera mu misuzi
-indi myanda igasohokera mu mwanda igihe wituma . • Umurimo w’impyiko n’ugusohor’imyanda, byatuma bivugwa ko ariyo itunganya amaraso, kandi ikabonez’ingingo zose. Kand’imyanda yose igasohokera aho yagenewe. Impyiko ishinzwe no kumimina no gukamura imyanda yuzuye mo amazi adakenewe .
IBIMENYETSO BY’UKO IMPYIKO IRWAYE : • Nkuko tumaze kubona umurimo w’impyiko wuko ishinzwe gusohor’imyanda no kubonez’ingingo ; iyo inaniwe gukor’uwo murimo mu kanya gato gusa umubiri wose umererwa nabi cyane. Impyiko ikorana cyane n’umutsi munini wo mu kiziba cy’inda maze igatunganya amaraso y’impagarike yose . Ifiteudutsimilioninyinshi two • kuyifashauwomurimo. Utwodutsinitwodusakasakaimyanda mu marasonubwoifiteubushobozibwokurwanak’umubiriwundi, igihekijyakigeranayoigacogora, icogojwe no guhoraihanganyen’urugambaizaniwenagahundambiy’umuntu. Ibiyigoran’ibibikurikira :
IBITERA IMPYIKO KURWARA • -gukoresh’imiticyane • -ibyokuryabikangur’umubiri • -imyanda imaze igihe kirekire mu mubiri • -kury’inyubakamubirinyinshi • -kutiyuhagira maze imyandaikabur’ukoisohoka mu ruhucyangwa mu bihaha
-guhoraukorer’umurimoahantuhatager’umwukamwiza. • Ibibyosebivuzw’ahangahabirimurizimwe mu mpamvuzibujijeabantubenshikugir’impyikonzizakandizikoraneza. Iyo impyikozikoraneza, n’imiyoboroy’inkari, n’uruhagon’imiyoborantangaikoraneza, inkarizihindukaumwerukandintiziryane.
Harihon’izindimpamvuzishoboraguterauburwayibw’impyiko • -imyanda yo mu menyo • -indwara zo mu muhogo • -indwara zo mu maguru
IBIMENYETSO BY‘IMPYIKO ZIRWAYE • Hariho ibimenyetso byerekana neza ko impyiko z’umuntu zidakora neza : • -kubyimbagirana ibirenge cyangwa ibitsike • -umunaniro ujyanirana n’umutwe wa buri gihe • -guhoran’iseseme • -guhoran’indwara y’umuriro(grippe) • -gukunda kurakazwa n’ubusa
-kuribwa n’umutsi wo mw’itako ugafata n’umugongo • -gucumbagirarimwe na rimwe • -inkarizigiyegutukura • -gucik’umugongo no kugir’inyotanyinshi • -kuburakw’imbaragaburigihe • -kugwa agacuho mu bwenge
Amoko y’indwaraz’impyiko : • Impyiko n’ebyiri mu muntu, imweibaiburyoindiikabaibumoso. Impyikoziteyek’umugongoaharinganiye n’urukenyerero, k’urugingorwagataturw’urutirw’umugongo. Nicyogitumauzirwayeakundagucik’umugongo. Impyikoiremwenk’ibishyimbo, iyoigiyeigabanukaibantoyanyirayoamererwa nabi. Ishobora no kuba ninicyane n’ubundinyirayoakamererwa nabi
Impyiko y’iburyoishinzwegukorana n’umwijima , n’umukambaw’amara, impyiko y’iburyoniyoikorana n’ururarubikaumwandambereyukoumuntuajyakwituma. • Nahoimpyiko y’ibumosoyoishinzweguhererekanya n’umutweumwe m’urwagashya, kandiniyoihuzanezaibyitwapancréas na rate, byombibiba mu ruhanderw’ibumoso. Impyiko zombi zishinzwekunyunyuzaamazizikayanyuza mu mitsiyabigenewezikayageza mu ruhago . Hejuru ya burimpyiko, harihoakanyamagatoharinganiyenahointakaraiba, utwotunyamatwitwa“glandes surrénales”. Dushinzweibibikurikira :
gukwiriranyaamazi n’umunyu mu mubiri • gukwiriranyainyubakamubiri, bikarindaumuntukuribwa no kugurumanaingingo • umurimowogukwiriranyaibikenewe mu myanyaishinzweibyarary’abagabo n’abagore. • Niyoikwiraranya n’ibyitwaadrenaline , iyobibonetse mu mubiri , amarasoarashyuhaumubiriukisanakandinyirawoakiyumvamoimbaraga n’ubushakebw’imibonano. Abarwayeimyanya ya “surrénales”, bagiraimibonanoyoguhendahenda. Iyosirenaleniyoitanga“oestrogènes”. Iyo estrojene iyo ibuze mu mubiri :
-abagore bashobora kubur’imihango • -cyangwa ikaboneka ariko ikaryana • -gucura k’umugore igihe kitaragera • -abagabo bashobora kuribwa mu mara, kwishimagura, kunanirwa imibonano bashobora no kurwara indwara yitwa “adenome de la prostate
Abantu bose babuze estrojene bagira amaraso akenye, kugabanuka k’umwijima, imyuna iva kenshi, indwara y’amagufka, kubyimba, inyama ibika abasirikare yitwa “rate”, kugir’umuriro ugenda ugaruka, ubudari aribgo konda cyane. Sirenale zitanga na “progestérone” ishinzwe kurera ibyitwa “ovaire”, kandi iyo zibonetse bihagije umugore ashobora gusama naho umugabo yagira intanga zihagije. Ifite na “androgènes” zibereyeho gutandukanya ibitsina. Ifite na “cortisone” ishinzwe kurind’impyiko n’izindi nyama zegeranye hamwe n’izindi ntunga mubiri nyinshi.
zimwe mu ndwara z’impyiko n’uko zivurwa : • 1.Lithiase urinaire : iyo ndwara iterwa no kwipfundikanya kw’intungamubiri zimwe na zimwe zagombaga gukwirakwizwa aho zikenewe, nyuma zagera ahantu har’amazi zikibumbabumba,zigahinduka akabuye. Ako gashobora kumvikana ukoresheje intoki. Gashobora kungana n’umusenyi, cyangwa kakuzura ikizibacyinda. Imiti igiye kuvura hano umurimo wayo n’ukurinda umubiri kurwara iyo ndwara, ndetse kandi ishobora gusohora utwo tubuyenge ni henshi hakunda kuboneka iyo ndwara yo kwipfundikanya kw’amaraso akamera nk’utubyimba.
Imitin’iyiikurikira: • Karoti : bitewen’ukokarotiikungahayemurivit. A itumaururendarwo mu mpyikorukomera, bikabuzakwipfundikanyakw’amaraso. Ishoborakuribwaarimbisi, cyangwaukanywaumutobe • wayo. Mu mutobeumuntuashoborakuyivangamoumutobew’indimu(citron) cyangwaumutobewapome “umutapuwa” ukanywaigicecy’ikirahuricyangwaikirahuriibyobigakorwaigihekirekirekingana n’ukwezi.
Indimuisharira(citron) : umutobewayoubuzakuremwakw’iyomisenyiyo mu ngingo , ishobora no kuyisohora . Mu ndimuharimovit.K. Ibuzakwifatanyakw’ayomarasonicyogitumaibarirwa mu byokuryabivuraimpyiko . Gukamuriraindimuimwe mu maziukayanywahasigayeigicecy’isahaukaryabigakorwa mu minsiicyendawikurikiranije. Ibyiza n’ukuvanga mo ibiyiko 2 by’ubukiubundiukajyaubikorarimwe na rimwe.
Igisura :kuvugutacyangwaugasekura , ukavanga n’amazimake . Ukanywaikirahurikimwe mu gitondo n’ikindikumanywa. Ushobora no gutogoteshalitiro 1 y’amazi, ugashyiramoifu y’igisurayuzuyeibiyiko 3, ukabitogoteshaiminota 15. Ukanywaudukombe 3 duto (tasse) cyangwaigicecy’ivere, kumunsiigihekirekire. Igisuragihanaguraibisigazwaby’indurwebyagiyebitakaraahobitagenewe, kukoiyobihujwenibyobyipfundikanya
Onyo (oignon) :ikigitungurucyaonyonacyogishoboragusohoraiyomyandayipfundikanije, ishoboragukoreshwahamwe n’indimuicagaguye. Ishobora no kuvangwa n’amavuta ya soya, amavuta y’ibihwagari, ndetse n’amavuta y’elayo. Ibiyiko 2 birahagijeigihecyoseugiyekuvanga aya mavuta na onyo n’indimu. Ni byiza
Pomme :iritundariterakwihagarikaneza. Kunywaikirahuri 1 cy’umutobewayo mu gitondoburimunsiugakamuriramo n’umutobewakarotiibyobishoborakuvuraiyindwarakandiukagir’ubuzimabwiza. No kuryapome 1 burimunsiiminsi 6 wikurikiranijeurikurya n’ibindi . Wabaurembyeukarya 3 mu munsi ,2 mu cyumweru
N.B : ibibyosetugiyegutondekanyaahangahabifiteumumarokur’iyindwara : • -imbuhu 20 ,mu gitondoizindikumugoroba • kuryaikiyiko 1 cy’inkericyangwainkeri 6, iminsi 3 wikurikiranije • -umusatsiw’ibigori, gutogoteshaiyomisatsi muri litiro 1 y’amazi. Ukanywaibirahuri 2 mu munsiukanywaibindi 2 kumanywa 3 buricyumweru ; wirindekubikoranijoro.
.Infection urinaire :Iyi ndwara igizwe n’ubwandure bufata mu nzira zishinzwe kwihagarika.Iyo myanda ishobora gutuma hasohoka amashyira. • -Kumva washima imyanya ndanga- gitsina • -Kubabara mu gihe cy’imibonano • -uburyane bwinshi mu myanya ndanga-gitsina • -ibisebe cyangwa uduheri mu myanya ndanga-gitsina • -kubyimbagirana kw’igitsina • -cyangwa utubyimba dutoduto tubonwa biruhanije
N.B.Iyi ndwara n’imiterere yayo inyuranye, ishobora guterwa n’impamvu zinyuranye ariz’izi zikurikira : • -imyanda ivuye ku mubiri, ishobora kwinjira mu mubiri binyuze mu mibonano mpuza bitsina • -izi ndwara ushobora no kuzanduzwa n’abazirwaye binyuze mu mibonano mpuza bitsina, cyangwa usangiye n’abayirwaye bakarya badakarabye intoki zabo nicyo gituma izi ndwara zitwa ibyuririzi.
Umuti uvura zimwe muri zo : • Tunguru sumu : ishobora kwirukana imyanda yibumbiye hamwe yo mu mara, no kuboneza inzira zo kwihagarika. Ivura n’indwara y’impyiko yitwa cystite hamwe na pyélo néphrite. Tunguru sumu ishobora kuribwa itya : • *gucagagura uduheke 4 ukavanga mu byokurya . Urwo rugero n’urw’umuntu mukuru kuva ku myaka 10, n’uduheke 2 ku mwana. • *gutogotesha akarayi 1 kose , muri litiro y’amazi ukanywa ibirahuri 3 bito ku munsi, 3 mu cyumweru.
Ibyatsi byitwa urwiri : iki cyatsi kimara uburyane bwose, bushingiye k’umugongo, mu kiziba cy’inda no mu myanya ndanga-gitsina. S’ibyo gusa gikiza no kubyimba ingingo, kuribwa imitsi n’uburyane bufata uduce tumwe na tumwe , urwiri ruvura indwara zandura ziter’umuriro nka grippe, ibicurane, iseru, kubyimba mu mihogo(ibigogo,amashamba, kubyimba mu maraka, ushobora kunanirwa kumira, kubyimba mw’ijosi) izi ndwara zifata kuva ku bana kugeza ku bantu bakuru. • Uko umuti w’urwiri utegurwa : gutogotesha imizi y’urwiri muri litiro 1 y’amazi (icupa n’igice) wab’urembye ukanywa . Ikirahuri 1 mu gitondo, ikindi saa 6 ikindi nimugoroba, ikindi 1 ugiye kuryama ; ukabikora 3 mu cyumweru waba utarembye ukanywa ibirahuri 2. Urugero rw’umwana muto nuko anywa igice cy’ikirahuri (1/2) cy’urugero rw’urugero rw’umuntu mukuru naho uruhinja n’igice (1/2) cy’urugero rw’umwana cyangwa ¼(kimwe cya kane) cy’umukuru
3.Icyatsi cyitwa Thym :iki cyatsi gitera kwihagarika neza kandi cyica imyanda y’indwara zo nzira yo kwihagarika. Iki cyatsi cyitwa time gikora n’ibindi byinshi, cyongera imbaraga mu mpagarike y’umuntu yose. Kera abantu bo mu misiri babisigaga intumbi ngo zitabora nyuma byagaragaye ko ikiza indwara zo kubora mu ngingo z’umuntu. • -Time yicamikrobiy’igituntu • -ikizagutobagurikaumubiri, no kubyimbagiranabibanzirizwa no kuribwan’umugongonk’uwa malaria, no kubyimbaururimi • -ikizamugiga • -umusonga • -ibisebebyo mu muhogo • Umurimowa time ushingiye mu kwicaimyandaiboneka mu • -gifu no mu mara • -mu myanya ishinzwe guhumeka • -mu myanya ishinzwe kwihagarika
-mu muhogo n’ururimi • -n’imyanya ishinzwe ibyara • Time yongera ingabo z’abasirikare bo mu mubiri ikonger’imbaraga mu mpagarike y’umuntu yose, ikongera ubuhanga no guha ubuzima intekerezo, ikiza indwara ziterwa n’amaraso agenda buhoro. • Ikiza : -umunaniro n’intege nke • -itera gufata mu mutwe • -ikiza kubura amahoro mu ntekerezo • -itera gusinzira neza • -irinda abantu kurakazwa n’ubusa • -irinda umwuka mubi mu nda • -itera imbaraga imyanya inoza ibyo kurya • -iboneza amara • -itera kuryoherwa
Ushobora kuyitogotesha mu mazi meza, ukayirambika aharwaye, ikavura izi ndwara zikurikira : • -intandamyi • -rubagimpande • -umugongo • -intakara • -gucumbagirabitewen’umutsiwomw’itakowitwanerfsciatique • -time ikizaindwarayokuribwaibikanu, kenshibigakundaguhengamaukananirwakwinyeganyeza. • -ikizaibisebebyananiranye, ibisebebinyenya, n’ibihushibyifashenk’ibiceriby’amafarangabifatakuntoke no mu mutwe. • -ikizaubuhericyangwauwariwen’indacyangwaimbaragasa. • -Iyo uyisize mu mutweibuzaumusatsigupfuka.
Reba uko ikoreshwa : • gutogotesha udutwetwe twayo muri litiro y’amazi cyangwa ibiyiko 2 by’ifu yayo ukanywa ibirahuri 3 bitoya ku munsi ukabikora igihe kirekire. • Gutogotesha nk’ubwa mbere bikamara umwanya munini, hagasigara amazi make . Ayo mazi ukayajundika mu kanwa. Ariko litiro 1 ukayishyiramo ibiyiko 7 by’ifu ya time, ayo mazi ukayogesha mu kanwa, warangiza • ugasoma andi ukayajundika iminota 5. Ubikora igihe kirekire, ibi nibyo bishinzwe kuvura indwara zo mu kanwa no mu muhogo . • Gutogotesha time ukiyuhagiza ibyatsi byayo cyangwa ugapfukira utwo twatsi ahakurya, ku mugongo, mu kiziba cy’inda, no kw’ijosi. • N.B : No ku muntu wese time irakanewe kuko yonger’imbaraga z’inkingiramubiri
Gutegeka 7: 12, 15 • Niwumviraayomatekaukayitondera, ugakoraibyoagutegeka, bizatumauwitekaImanayaweikomezakugusohorezaisezerano, no kukugiriraibambeyarahiyebasekuruzabanyukoizakugirira. Uwitekaazagukurahoindwarazose, ntazagutezan’imwemurizandwarambiz’Abanyegiputauzi, ahubwoazazitezaabakwangabose.