1 / 20

TRAINING OF SECTOR INTERNAL TENDER COMITEE

TRAINING OF SECTOR INTERNAL TENDER COMITEE. Date :24-25/09/2014 Venue: Mère du Verbe. Aho wakura ibi : Itegeko N°05/2013 ryo kuwa 13/02/2013 Itegeko rihindura kandi ryuzuza Itegeko n°12/2007 ryo kuwa 27/03/2007 rigenga Amasoko ya Leta NDETSE n° 8 yo ku wa 5/04/2007.

Download Presentation

TRAINING OF SECTOR INTERNAL TENDER COMITEE

An Image/Link below is provided (as is) to download presentation Download Policy: Content on the Website is provided to you AS IS for your information and personal use and may not be sold / licensed / shared on other websites without getting consent from its author. Content is provided to you AS IS for your information and personal use only. Download presentation by click this link. While downloading, if for some reason you are not able to download a presentation, the publisher may have deleted the file from their server. During download, if you can't get a presentation, the file might be deleted by the publisher.

E N D

Presentation Transcript


  1. TRAINING OF SECTOR INTERNAL TENDER COMITEE Date :24-25/09/2014 Venue: Mère du Verbe

  2. Ahowakuraibi: ItegekoN°05/2013 ryokuwa 13/02/2013 ItegekorihindurakandiryuzuzaItegeko n°12/2007 ryokuwa 27/03/2007 rigengaAmasokoyaLetaNDETSE n° 8 yokuwa5/04/2007

  3. Ibisobanuro by’amagambo • 1º Akanamagashinzwegutangaamasoko: akanamagashyirwahon’Urwegorutangaisoko. Gafiteinshinganoyogufungurainyandikoz’ipiganwa, kuzisesengura no gutangaumwanzuro mu itangwary’amasoko; • 2º amasezeranoasasiye: ubwumvikanehagatiy’urwegorutangaisokon’umwecyangwabenshi mu bapiganwabufashaurwegorutangaisokokubonaimirimo, serivisicyangwaibigemurwarukenerakuburyobuhorahocyangwabwakenshikugicirocyumvikanyweho mu giherunakahashingiwekumpapurozisabakugemura; • amasezeranoy’isoko: ubwumvikaneUrwegorutangaisokorugiranan’uwegukanyeisoko; • 4º amasokoyaLeta: uburyobwoseUrwegorwaLetarubonamoibikoresho, inyubakocyangwaserivisi, biturutsehanzeyarwo, narworugatangaikiguzicyabyo. • 5º ibikorwabyaruswa: gutanga, kwakiracyangwagusaba, mu buryobutaziguyecyangwabuziguye, ikintucyosecy’agacirohagamijwekubogamishaumukoziwaLetacyangwaurwegorwayo;

  4. Ibisobanuroby’amagambo( ctd’) • igitabocy’amabwirizaagengaipiganwa: dosiyeirimoibisobanurobyangombwabyerekanaukoinyandikoy'ipiganwaitegurwa, ukoisokoritangwan'ukorishyirwa mu bikorwa • ingwatey'ipiganwa: icyemezogitangwanabankicyangwaikindikigokibifitiyeuburenganzirakugirangocyishingireinyandikoy’ipiganwa • ingwateyokwishingirakurangizanezaakazi: icyemezogitanzwenabankicyangwaikindikigokibifitiyeuburenganzira mu rwegorwokwizezaurwegorutangaisokokoimirimoijyanyen'isokoritanzweiramutseitagenzeneza, haba mu rwegorwatekiniki no kubyerekeyekubahirizaibihentarengwabyagenwe, urwegorutangaisokorwahabwaamafarangaateganyijwekuriicyocyemezo; • inyandiko-nsobanuroy’imitererey’igipiganirwa: inyandikoyateguwen’Urwegorushinzwegutangaamasokoisobanurabihagijeimitererey’isokoripiganirwa, ibikenewekugirangorikorwe, n’ikizarivamo; • 15º inyandikoy’ipiganwa: inyandikoyatanzwen’upiganwaigaragazaibyoasezeranya; • 16º Ishamirishinzweamasoko: ishamiry’UrwegorutangaisokorishinzweumurimowogutangaamasokoyaLeta; • 17º isokory’imirimo: ibikorwabyosebijyanyen’ubwubatsibisabwan’Urwegorutangaisoko

  5. Ibisobanuroby’amagambo( ctd’) • upiganwa: ushoboragutangainyandikoz’ipiganwa, uwatanzeinyandikoz’ipiganwacyangwaisosiyeti; • Ushinzwegusinyaamasezeranoy’isoko: umuntuweseufiteububashabwokwemezaraporoy’akanamagashinzwegutangaamasoko no gushyiraumukonokumasezeranoy’isoko mu izinary’Urwegorutangaisoko; agombakubaahabwan’itegekoububashabwokubaumugengaw’ingengoy’imari mu rwegorwaLetaarimo; • urwegorutangaisoko: urwegobwiterwaLeta, urwegorwaLetarw’ubuyobozibw’ibanze, ikigocyaLeta, Komisiyo, UmushingawaLeta, IkigogishamikiyekuriLetacyangwaurundirwegorwahaweububashan’Umugengaw’Ingegoy’ImaringorucungeimariyaLeta, bitangaamasokokandibikagiranaamasezeranon’uwegukanyeisoko; • uwegukanyeisoko: upiganiraisokowatanzeinyandikoy’ipiganwa, hanyumaipiganwarikerekanakoinyandiko ye ariyoyujujeibyangombwakurushaizindi mu rwegorwatekiniki no mu rwegorw'amafaranga, kandiUrwegorutangaisokoakabaari we rweguriraisokonk’ukobiteganywan’iritegeko. Binavugakandiugiranyeamasezeranon’UrwegorutangaisokokumasokoyaLetaataciye mu ipiganwa”

  6. Inshyinguranyandikozijyanyen’itangwary’amasokoyaLeta • «Urwegorutangaisokorugombakubikainyandikozijyanyen’itangwary’amasoko mu gihekitarimunsiy’imyakaicumi (10) uhereyeigiheamasezeranoy’isokoarangiriyeho. Zimwemuriizonyandikoniizizikurikira: • 1º igitabocy’amabwirizaagengaipiganwa; • 2º inyandikoz’ipiganwa; • 3º inyandikomvugoy’ifungurwary’inyandikoz’ipiganwan’iy’isesenguraryazo ; • 4º inyandikoimenyekanishauwatsindiyeisoko; • 5º kopi y’amasezeranoyasinywehagatiy’Urwegorutangaisokon’Uwegukanyeisoko; • 6º icyemezocyokurangizanezaisoko; • 7º inyandikoyoseyakozwehagatiy’Urwegorutangaisokon’uwapiganwe; • 8º indinyandikoyoseitangaamakuru, amabwirizanaraporokuriiryosoko.

  7. Igonganary’inyungu • AbagizeGuverinoma, Abakurub’Inzegozishinzweamasoko, abagizeInamaNjyanama mu KarerecyangwaUmurengeupiganirwamoisokon’abakozibaLetamurirusangentibemerewegupiganiraamasokoyaLeta • ItegekoryihariyerigenaibibujijweAbagizeIntekoIshingaAmategeko, Abashinjacyahan’Abacamanza mu ipiganwary’amasokoyaLeta. • IkigocyangwaisosiyeteumukoziwaLeta, uwobashakanyecyangwaumwana we afitemoimigabaneahagarariyecyangwaabereyeumwe mu bagizeinamay’ubutegetsintigishoboragupiganiraamasokoatangirwa mu rwegorwaLetauwomukoziakorera. • Birabujijwekoabagizeakanamagashinzwegutangaamasokocyangwaundimuntuweseufiteahoahuriyen’itangwacyangwaicungwary’amasokoyajya mu itangwacyangwaicungwary’isokoryapiganiwen’ababakurikira: • 1º uwobafitanyeisanokugerakurwegorwakabirirutaziguye no kurwegorwagataturuziguye; • 2º uwahozeariumukoresha we keretseiyohashizeimyakaitanu (5) uhereyeigihearekeyekubaumukozi we; • 3º uwobafitanyeinyunguz’amafaranga ; • 4º uwapiganweafitanyeamasezeranonabocyangwaateganyakubonaakazicyangwaindinyunguyahabwan’uwapiganwe. • Impugukeyahaweakazin’urwegorutangaisokongoirufashe mu gutegura no gushyira mu bikorwaisokocyangwasosiyetiifiteibiyihuzan’iyoimpugukentiyemerewekujya mu ipiganwaryokugemuraibintu, gukoraimirimocyangwaserivisiy’impugukeijyanyen’iryosoko. • Upiganiraisokoagombakumenyesha mu nyandikoy’ipiganwa, umuyobozi, umukozicyangwaundiweseufiteimiziroyokujya mu itangwary’isokoapiganira.

  8. Ishyirwahory’IshamiRishinzweAmasoko • Urwegorutangaisokorushyiraho, ahoritari, Ishamirishinzweamasokorifiteinshinganozikurikira: • 1º gukoraigenamigambiry’itangwary’amasoko; • 2º guteguraibitaboby’amabwirizaagengaipiganwa; • 3º gutangaza no gukwirakwizainyandikoihamagariraipiganwa; • 4º kwakira no kubika neza inyandiko z’ipiganwa; • 5º gusabaababifitiyeububashagufataibyemezokumyanzuroy’itangwary’isoko; • 6º gutegurainyandikoimenyeshauwegukanyeisoko; • 7º gukurikiranaishyirwa mu bikorwary’amasezeranorufatanyijen’urwegorurebwan’iryosoko; • 8º guhaamakurun’inyandikoIkigocy’IgihuguGishinzweAmasokoyaLeta; • 9º indinshinganoiteganywan’amabwirizaagengaamasoko. • Ishamirishinzweamasokorifiteinshinganoyogutunganyaibijyanan’amasokokuvakuigenamigambikugezaamasezeranoarangiye».

  9. Ishyirwahory’Akanamagashinzwegutangaamasoko • UrwegorutangaisokorushyirahoAkanamagashinzwegutangaamasokogafiteinshinganozikurikira: • 1º gufungurainyandikoz’ipiganwa; • 2º gusesengurainyandikoz’ipiganwa; • 3º gutangaumwanzurokuitangwary’isoko; • 4º gutangaimyanzurokubibazobyosebirebanan’amasokoyaLeta; • 5º gutangainamakubitabobikubiyemoamabwirizaagengaipiganwamberey’ukobishyirwaahagaragara; • 6º kwemezaitangwary’amasokoagombagutangwahakoreshejweuburyobutariipiganwarisesuye; • 7º kwemezaimpindukazosezigiyegukorerwakumasezeranoy’isoko. • AmabwirizaagengaamasokoyaLetaagenaabakagize, imiterere, imikoreren’izindinshinganobyako. • Urwegorutangaisokorushoboragukoreshaimpugukengozirufashe mu itangwary’amasoko. Izompugukentizigirauruhare mu ifatwary’ibyemezo ».

  10. Itangazorihamagariraipiganwa • «Urwegorutangaisokoruteguraitangazorihamagariraipiganwarikubiyemoingingozikurikira: • 1º izina n’aderese by’Urwego rutanga isoko; • 2º inomeroy’isokoizakoreshwa mu itangwaryaryoigenwan’Urwegorutangaisoko; • inyandikongufiisobanura, inganoy’ibigemurwa, iy’imirimocyangwaiyaserivisibyifuzwaharimon’igihebikenewemo; • 4º ukoibitaboby’amabwirizaagengaipiganwabibonekan’ikiguzicyabyo ; • 5º ahantun’igiheinyandikoz’ipiganwazigombagushyikirizwa no gufungurirwa; • 6º ingingoigaragazakoabatanzeinyandikoz’ipiganwacyangwaababahagarariyebemerewekwitabiraumuhangow’ifungura».

  11. Ibitaboby’amabwirizaagengaipiganwa • Ishamirishinzweamasokoriteguraibitaboby’amabwirizaagengaipiganwarishingiyekuriiritegekon’amabwirizaagengaamasoko. • Ibitaboby’amabwirizaagengaipiganwabigombakubabikubiyemoamakuruyoseyatumahabahoipiganwarihaabapiganwaamahirweangana. Burirupapurorw’igitabocy’amabwirizaagengaipiganwarugombaguterwahokashiy’urwegorutangaisoko. • Urwegorutangaisokoruteguraigitabocy’amabwirizaagengaipiganwarukurikijeamategekon’amabwirizaagengaamasokoyaLetahamwen’igitabokigengaamabwirizaagengaipiganwangenderwahogikwiye. • Igitabocy’amabwirizaagengaipiganwakigombakubagikubiyemoibibikurikira: • 1º ibikenewebijyanyen’ibigemurwa, imirimocyangwaserivisiisokorigamijen’igihentarengwacy’igemuran’irangizary’imirimo; • 2º nibaariisokory’imirimo, ibishushanyon’inganoy’ibikenewe; • 3º amabwirizarusangen’ayihariyeazagengaamasezerano, nibahateganyijweingwateyokurangizanezaimirimo;

  12. Ibitaboby’amabwirizaagengaipiganwa • 4º inomeroy’isokoizakoreshwa mu itangwary’isokoitangwan’Urwegorutangaisoko; • 5º amabwirizaasobanuraukoinyandikoz’ipiganwazitegurwan’ukozitangwaharimo: • a) inyandikoy’ipiganway’icyitegererezo; • b) umubarew’amakopiazatangwahamwen’inyandikoy’ipiganway’umwimerere; • c) ibisabwank’ingwatey’ubwishingizibw’inyandikoy’ipiganwa, icyitegererezon’inganoy’iyongwate; • d) ibyemezobigaragazaubushobozibw’upiganwa; • e) ahantun’igiheinyandikoz’ipiganwazigombagushyikirizwa; • f) ahantun’igiheizonyandikozizafungurirwa

  13. Ibitaboby’amabwirizaagengaipiganwa (CTD’) • ingingoigaragazakoabatanzeinyandikoz’ipiganwacyangwaababahagarariyebemerewekwitabiraumuhangow’ifungura; • 7º ingingoigaragazaigiheinyandikoz’ipiganwazimarazifiteagaciro ; • 8º amabwirizan’ibigenderwaho mu isesenguran’igereranyary’inyandikoz’ipiganwa; • 9º ingingoigaragazakoUrwegorutangaisokorushoboragusesainyandikoz’ipiganwaigihecyoseisokoritaratangwa ; • 10º ikindigishoboragusabwa mu gitabocy’amabwirizaagengaipiganwahakurikijweibiteganywan’iritegekocyangwaamabwirizaagengaamasokoyaLeta. • Ibyagombwabisabwaabapiganwabigombagushingirakumategekoy’ibihugubakomokamo».

  14. Gutangazaisoko • Urwego rutanga isoko rutangariza abantu bose bifuza gupiganira isoko nk’uko biteganwa n’iri tegeko. • Urwego rutanga isoko rutanga itangazo rihamagarira ipiganwa nibura mu kinyamakuru kimwe gisomwa n’abantu benshi mu gihugu kandi gifite igihe kizwi gisohokera no ku rubuga rumwe rwa interineti rutangazwaho amasoko ya Leta, iyo agaciro k’isoko ry’ibigemurwa, imirimo cyangwa serivisi bipiganirwa kangana n’agaciro kagenwa n’amabwiriza agenga amasoko ».

  15. Gushyiraahagaragaraibitaboby’amabwirizaagengaipiganwa • Urwego rutanga isoko rugomba gushyira ahagaragara ibitabo by’amabwiriza agenga ipiganwa nk’uko biteganywa mu itangazo rihamagarira ipiganwa. • Urwego rutanga isoko rushobora kugurisha ibitabo by’amabwiriza agenga ipiganwa. Amabwiriza agenga amasoko agena ikiguzi cy’ibyo bitabo. • Ikiguzi cy’igitabo gikubiyemo amabwiriza agenga ipiganwa kigomba kuba kingana gusa n’amafaranga yatanzwe cyangwa agomba gutangwa mu kugikora no kukigeza ku bapiganwa».

  16. Ifungurwary’ inyandikoz’ipiganwa • «Akanamagashinzwegufungurainyandikoz’ipiganwakagombagufungura mu ruhameinyandikoz’ipiganwa mu gihekitarenzeisahaimwenyumay’igihentarengwacyokuzakira. Niburaabantubatatu (3) mu bagize • akanamagashinzwegufungurainyandikoz’ipiganwabashoboragufungurainyandikoz’ipiganwa. • Mu gihehatabonetsebatatu (3) mu bagizeakokanama, Urwegorutangaisokorugombakwifashishabamwe mu bakozibarwokugirangoumubareusabwawuzure. • Abatanzeinyandikozaboz’ipiganwacyangwaababahagarariyebashoborakwitabiraumuhangow’ifungura.

  17. Kuri buri nyandiko y’ipiganwa ifunguwe, ibi bikurikira bigomba gusomwa mu ijwi riranguruye kandi bigashyirwa mu nyandikomvugo y’ifungura: 1º izina rya nyir’inyandiko y’ipiganwa n’ibindi bimuranga by’umwihariko; 2º umubare w’amafaranga harimo n’ibyahindutse cyangwa icyo yagabanije ku giciro mbere y’uko igihe ntarengwa cyo gutanga inyandiko z’ipiganwa kigera ; 3º ingwate y’inyandiko y’ipiganwa yatanzwe, niba isabwa; 4º ikindi kintu cyose abapiganwa babona ko ari ngombwa gusomwa kandi kitabangamira inyungu z’abandi bantu bapiganwe. Urwego rutanga isoko, iyo rubisabwe, rugomba gutanga kopi y’inyandikomvugo y’ifungura. Buri muntu mu bagize akanama k’ifungura ry’inyandiko z’ipiganwa, agomba gushyira umukono ku nyandiko y’ipiganwa y’umwimerere no ku nyandikomvugo y’ifungura kandi agashyira umukono uhinnye kuri rupapuro rw’izo nyandiko».

  18. Abemerewegupiganwa • AbemerewegupiganiraamasokoyaLetaniabantubakoraumurimow’ubucuruzibanditswenk’abacuruzicyangwabafiteumwugaukorwakuburyobwigenga. • AmabwirizaagengaamasokoyaLetaagenaabandibashoboragupiganiraamasokoyaLetan’ibyobagombakubabujuje. • Amasosiyeten’ibigobyaLetabishoboragupiganwagusaiyobishoborakugaragazakobyigenga, habakuburyobw’amategeko no kumutungo, kobikorahakurikijweibiteganywan’amategekoy’ubucuruzikandikoatariibigobigengwanaLeta».

  19. Kwangainyandikozosez’ipiganwa • Akanama gashinzwe gutanga amasoko gashobora kwanga inyandiko zose z’ipiganwa ku mpamvu zikurikira: • 1º iyo ibiciro byose biri hejuru y’umubare w’amafranga y’ingengo y’imari ishobora kuboneka; • 2º iyo inyandiko z’ipiganwa zose zitasubije neza ibisabwa by’ingenzi »

  20. MURAKOZE

More Related